INKURU Z'URUKUNDO

INKURU Z´URUKUNDO

Inkuru z´urukundo tubagezaho hano ni iziba zarabayeho.

NI GUTE

DIANE YANTEYE AGAHINDA ANKUBITA URUSHYI MUMENAHO AMAZI.

Nigaga i Huye menyana n’umukobwa witwa Diane yarateye neza...

FIANCE WANJYE YAMFASHE KUNGUFU KANDI UBUKWE BWEGEREJE.

Umuhungu twiganye mu mashuri yisumbuye yansabye urukundo ndarumwima...

What's
New

Twakoze ubukwe tubeshya nyuma buba ubw'ukuri.

Njye n'umukobwa witwa Georgette twabeshye abantu ko dufite ubukwe kugira ngo badutwerere twikorere ubucuruzi.

Umwe mu bakunda www.umukunzi.com yatwandikiye agisha inama muri aya magambo:

Abakunzi mwese ndashaka ko mungira inama. Ndi umukobwa wimyaka 20 nkaba ndangije amashuri yisumbuye, nabonanye n’umuhungu bwa mbere aho yakoreraga nakundaga kuhagera kubera...

Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 yantwariye umukunzi.

Banyita Clémentine nagejeje igihe cyo gushaka umugabo mfite abahungu babiri banshakaga ariko bose narababenze kuko bari bafite imyifatire idahwitse. Nyuma naje guhura n’umuhungu tutari tuziranye...

Umukunzi wanjye yantanye umwana agaruka ntakaguru afite.

Umukunzi wanjye twarabanye mubwira ko nkunda abana nawe ambwirako ankunda cyane kandi ko yifuza abana benshi tubyemeranyaho sibyatinze twabyaranye akana k’agahungu...

Imodoka niyo yaduhuje kandi ninayo yadutandukanyije.

Nashakaga gusura sogokuru muntara nkigera Nyabugogo muri taxi nicaranye n’umukobwa twaraganiriye inzira yose yaramwenyuraga nkabura aho nkwirwa...

Murumuna w’umugore wanjye yansenyeye urugo.

Banyita Muhire, nakunze umukobwa nawe arankunda uwo mukobwa yarimwiza ateye neza akaba yarafite akazi nanjye nakoraga ibiraka, nibwo twafashe icyemezo cyo kwibanira tudasezeranye mukiriziya no kumurenge kwakoresheje umunsi mukuru dutumira inshuti n’abavandimwe.

YAFASHE MUSHIKI WE KUNGUFU.

Hari mu masaha ya saa kumi n'imwe z'umugoroba ubwo umusore w'imyaka 22 witwa Seleman yabonaga mushiki we Yvonne akenyeye agatenge kagufi agiye mu bwiyuhagiriro.

NABYARANYE N’UMUKOBWA TUTAZIRANYE.

Nitwa Ndayisaba nabyaranye n’umukobwa tutaziranye neza kuko ntitwigeze dukundana narimwe. Namumenye kubera abasore twari duturanye bampamagaye ngo mbasure nuko mpageze bangurira inzoga nyinshi kandi mu busanzwe sinshobora inzoga.

IMPUHWE NAMUGIRIYE NIZO ZANKOZEHO.

Twamenyanye ubwo yigaga kuri Nyacyonga High School, ku ishuri bamutumye umubyeyi. Duhuye ambwira ko yitwa Joyeuse, aranyinginga ngo ngende mu kimbo cy'ababyeyi be. Naramwemereye musaba ko twanyura iwanjye nkambara neza nkabona kumuherekeza ku ishuri.

NABYINANYE N'UMUKOBWA NONE AGENDA AVUGA KO TWARYAMANYE.

Umukobwa witwa Aline twamenyaniye mu isabukuru y'umusore dukorana. Yari ari kubyina wenyine abandi babitinye kuko wabonaga afite imibyinire yihariye, ndamwegera musaba ko twabyinana arabyemera.

JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MURI MATA 1994 YANTWARIYE ABABYEYI IDASIZE N'UMUKUNZI WANJYE.

Ku ya 7 Mata 1994 nabyutse mugitondo nsanga data na mama bahagaze mu bikingi by'amarembo mbabajije icyo bareba bambwira ko bari kumva induru zivuga hakurya. Nibwo data yajyaga kureba ibibaye.

SINARINZI KO UMUKUNZI WANJYE YAMPEMUKIRA AKANYICIRA UMWANA.

Nahaye gahunda umuhungu mugenzi wanjye wabaga i Nyamirambo yo kumusura. Nageze i Nyamirambo ndayoba kuko nari narageze iwabo inshuro imwe gusa nuko imvura iragwa nugama ku kabaraza k’inzu.

SANDRINE NAMUHAYE URUKUNDO ANTWARIRA UMUTIMA.

Iyo mbimenya sinari kumukunda ariko nawe siwe ni iminsi ibabaza abakundanye. Nzahora nibuka Sandrine kugeza igihe nzapfira nanubu ndakibuka buri segonda buri munota namaze nkiri kumwe nawe.

URUKUNDO TWAKUNDANYE RUGIYE KUNSENYERA URUGO.

Njye na Jean Claude twakundanye mu mwaka wa 2005 ubwo nari nkirangiza amashuri yisumbuye, urukundo rwacu rurakomera cyane bigeze muri 2007 antera inda. Icyo gihe ababyeyi banjye barimutse bava i Kigali bajya gutura mu Ruhango

Apr 5 by tuy 1716 views 98

UMUKUNZI WANJYE YARYAMANYE N'INSHUTI YANJYE MAGARA.

Nitwa Jonathan. Kuva kera, nakuze mbona Olive ari umwana muto ari inshuti ikomeye cyane ya bashiki banjye yahoraga iwacu akina nabo, ibyo bigatuma mubona nka mushiki wanjye.

Apr 5 by tuy 1616 views 98

AHOZA UMUGABO WANJYE KUNKEKE AMWAKA INDEZO Y'UMWANA BABYARANYE.

Umugabo wanjye Vincent tumaranye imyaka itanu dufitanye abana babiri. Vincent akiri umusore yakundanye n'umukobwa witwa Beatha ariko Beatha aza kwanga Vincent amuziza ko nta butunzi afite ko ari umukene.

Apr 5 by tuy 2116 views 98

UMUGORE N'UMUGABO BARWANYE BAPFA UBUSA!

Muri iri ijoro i Nyamirambo aho bita ku Ryanyuma, umugore n'umugabo barwanye bapfuye ibintu bidasobanutse. Ubwo bari bicaye bari kuganira basetse batembagaye...

Yampaye amafaranga ngo ndekane n'umukunzi wanjye.

Umusore witwa Bizimana yakundanye n'umukobwa witwa Fabiola. Bakundanye urukundo rwinshi cyane kandi rw'ukuri. Fabiola yari mwiza imbere n'inyuma, yari ihoho yasaga na bike!

Umugabo wanjye yanyishe mpagaze.

Izina ryanjye ntago ndivuga. Narangije amashuri yanjye Uganda ndagaruka mu Rwanda, famille yanjye ikaba itarikennye cyane, nkigera mu Rwanda namenyanye n’umuhungu.

URUKUNDO NAMUKUNZE NIRWO RWAMWISHE.

Banyita Albert nize université, nayigiye muri Congo RDC nari umunyarwanda umwe mu kigo, bakansuzugura bakanyita lac Albert. Nyuma imirire yo mu kigo yarananiye kuko navaga muri famille ikize yo mu Rwanda

Kubera gufuha niyiciye umugabo.

Nitwa Claudine agahinda kanjye nkamaranye igihe kinini nta muntu numwe nigeze mbibwira ariko mbonye akanya ko kuba nabwira iyi nkuru abasomyi b' umukunzi.com kugira ngo bakuremo inyigisho. Clementine twarareranywe kuva kera turi abana bato, twari inshuti cyane, duhorana, dukina, tubwirana amabanga yacu yose...

MPITEMO GEREZA CYANGWA NIHAKANE UMUGORE WANJYE N’UMWANA WANJYE .

Banyita Simoni ndi umunyarwanda hashize imyaka 16 mvuye mu Rwanda. Mu buzima bwanjye nahoraga nshaka kwibera muri Tanzaniya kuko kiri mu bihugu nkunda cyane kandi nari mfiteyo famille, rero nafashe icyemezo cyo kujyayo narahageze ,ndahamenyera, nibera umucuruzi...

Kubana n'umugore birananiye!

Tumaze iby'umweru bibiri dukoze ubukwe none kubana nawe birananiye kubera ko ibyo nkora bimubabaza...

Jack a t-il tue Alice par amour ?

IL ya 65 ans Aux Etats Unis d’Amérique dans un petit village isolé de Minnesota il ya eu un scandale . Dans ce village il y avait deux familles les plus riches du village, Jack était beau généreux et son père était un pasteur son grand-père et arrière grand père eux aussi étaient des pasteurs

Yansabye urukundo ndarumwima none ndicuza.

Umuhungu wandutaga imyaka 7 yansabye ko dukundana, nta no gutekereza ku magambo ye mpita mubwira nti tube inshuti zisanzwe iby’urukundo byo ntubinzaneho.

Umukunzi wanjye tumaze imyaka 12 dukundana none ntashaka ko tubana.

Uwo mukobwa twamenyanye muri 2001 ubwo twigaga mu cyiciro rusange cy'amashuri yisumbuye. Twigaga ku kigo kimwe, tukiga tubayo ariko anyiga imbere ho umwaka umwe. Yaje mu ishuri ryacu aje kureba umuntu wamufasha kwandika ibyo bize kuko yaramaze iminsi arwaye

Mpitemo akazi cyangwa mpitemo umukunzi?

Nitwa Iradukunda Junior. Maze imyaka irenga itanu nkora muri sosiyete y'ubwubatsi. Nkunda imyidagaduro, ni muri urwo rwego hari ahantu nakundaga gusohokera. Ni cafe restaurant nziza iri mu mujyi...

Ese koko ninjye akunda cyangwa ni undi?

Umwe mu bakunzi wacu witwa Ruboneka Simon ufite imyaka 25 yaratwandikiye atugisha inama.Aragira ati umukobwa twiganye muri kaminuza yantumiye mu munsi mukuru we wo gusoza amashuri (Graduation).

Yatumye ndeka kuba Padiri none atangiye kunca inyuma.

Nitwa Twagirumukiza J. Claude nkaba narakundanye n’uwitwa Uwamahoro Marie Joselyne, ariko mu gukundana Joselyne niwe wabigizemo ingufu nyinshi kuko njye nari narahisemo kwibera Padiri.

Yambeshye ko ari umusore none maze kumenya ko afite umugore n’abana

Twamenyanye ubwo nigaga mu mashuri yisumbuye muri APAPE i Gikondo. Ubwo nagiye mu mujyi aho bakunda kwita ku iposita, ninjira mu iduka ngiye kugura telefone...

Mar 8 by tuy 1625 views 33

Ese naramuhemukiye cyangwa niwe wampemukiye ?

Twakundanye igihe kinini guhera twigana i Butare muri kaminuza. Kubera twigaga ahantu hamwe twarahoranaga ariko ntana rimwe yajyaga anyemerera ko mwegera cyane cyangwa ngo mukoreho. No kumufata akaboko byabaga ari intambara.

Mar 8 by tuy 1165 views 51

Umukunzi wanjye arashaka ko tubana tudasezeranye imbere y’Imana.

Tumaze igihe kini dukundana kandi urukundo rw’ukuri. Kuburyo ubu twari tugeze igihe cyo kubana. Nahereye kera numva avuga ko gusezerana imbere y’Imana ari umurengwe no kwibona, akavuga ko we ntabyo azakora, nkagira ngo arakina.

Yatwaye umugore wa se.

Mu Murenge wa Kimisagara ahazwi ku izina rya Ntaraga haravugwa inkuru y'umusore witwa Fidel watwaye se Kizito umugore. Aho nyina wa Fidel yitabiye Imana, Kizito ntiyabashije kubyihanganira yahise ashaka umugore ukiri muto wo kumuhoza no kumusazisha neza.

Yakubise umugabo we amuziza kwivanga mu bitamureba.

Mu Karere ka Nyarugenge Umurenge wa Gitega aho bakunda kwita ku Iseta umugore witwa Therese yakubise umugabo we Bizimana amuziza kwivanga mu bitamureba.

Mar 4 by tuy 1256 views 12

Umwe mu bakunzi bacu araduha ubuhamya.

Nifuzaga kubagezaho ubuhamya bwanjye kuko nzi ko wenda bwagira abo bufasha. Nitwa Bella mfite imyaka 27, nakundanye n’umusore dukundana cyane ndetse mu mezi ya mbere numvaga nishimye. Uwo musore twasaga n’aho tungana, twembi twari abakozi twararangije kaminuza. Nyuma y’amezi 10 yaje kuntera inda noneho...

Aratwite ariko ntazi uwamuteye inda.

Umukobwa witwa Marie Louise wiga muri KIST atwite inda y'amezi 7 ariko nanubu ntaramenye uwayimuteye. Ubusanzwe afite umukunzi witwa Martin bamaranye igihe bakundana, ariko Louise ntiyemeza ko iyo nda ari iye.

IBINDI WASOMA

Umukunzi wanjye murusha imyaka 12 none mfite ikibazo cy'uko iwabo batazamumpa.

Umukunzi wanjye naramubeshye ko ntwite inda ye kandi ntatwite. Ahita afata icyemezo cyo kubana nundi mukobwa adakunda.

Umukunzi wanjye yariyahuye kandi ubukwe bwacu bwegereje.

Abashakanye baratandukanye bapfuye amafaranga.

URUKUNDO RWA RUGOMYA PAUL NA KAYITESI ODETH

MFITE SUGAR DADDY UMFATA NEZA AKAMPA BYOSE.

UMUGABO WANJYE ATERETA MURUMUNA WANJYE.

ERIC YAKUNZE MARTINE ATINYA KUBIMUBWIRA KUBERAKO AMURUSHA AMASHURI.

BAMUFASHE ARYAMANYE N'UMUKOZI WE.

OLIVIER NA YVETTE BAKUNDANYE IMYAKA IRINDWI ARIKO NTIBYARANGIRA NEZA.


1       2