Igihe umukunzi wawe utakibasha kumushimisha cyangwa we ngo arusheho kugushimisha ibyiza nukureka kumutaho umwanya. Niba wumva utakimukunda ushaka kumukatira...Read more
Hari uburyo ushobora guhakanira mu kinyabupfura umuntu ugusabye urukundo.
Ibintu by'ingenzi byagufasha guhangana n'abizirika k'umukunzi wawe.
Ibyababaje uwo ukunda bishobora kuba byaguturutseho cyangwa se bitaguturutseho. Dore ibintu by'ingenzi ushobora gukora bikagarurira umukunzi wawe ibyishimo mu gihe yari yababaye.
Umukunzi wawe ashobora kukubwira nabi akagutuka akagucyurira akanakubwira ko atakigukunda ko urukundo rwanyu ruhagaze, bwacya akagusaba imbabazi akakubwira ko yahubutse, akagusaba ko mwakongera mugakundana.
Mu Rwanda turi mu cyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka wa 2013 mu kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, iragira iti ”Twibuke Jenoside yakorewe Abatutsi duharanira kwigira”.
Mu Rwanda turi mu cyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, icyumweru twagitangiye tariki ya 07 Mata 2013, mu gihe nk’iki mu Rwanda hose hateganyijwe ibikorwa byo kwibuka abacu bazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Hari umuntu usaba urukundo barumwima akanga kubyemera...
Iyo umukunzi aguhemukiye bituma uzinukwa gukunda...
Umukunzi wawe nubwo mwaba mumenyeranye cyane, ukunda kumubwira ibyo ushatse byose, hari amagambo atatu y'ingenzi ugomba kwirinda kumubwira.
Mu buzima buri kintu cyose kigira ingaruka nziza cyangwa mbi biterwa nuko wagikoresheje. Kwihagararaho ni ijambo rikomeye, ni ubutwari ariko abantu bamwe na bamwe ntibabibona,
Igihe nta bushobozi ufite bwo guha impano umukunzi wawe, ukamwaka amafaranga ukamuguriramo impano, ese iyo mpano hari agaciro yaba ifite?
Iyo uhuye n'umuntu bwa mbere wamureba, wamukoraho cyangwa se wamuvugisha ugasesa urumeza cyangwa we agasesa urumeza byaba bivuga ko umwe yakunze undi?
Akenshi umuntu ahora yifuza gukora ibyiza ariko ibibi bikamutanga imbere. Iyo umuntu amaze kuvugana nabi n'umukunzi hari igihe abyicuza akavuga ati ntibizongera ariko ubutaha bikongera
Nta wundi mukunzi ufite, ariko ufite umuntu ugukunda cyane uhora abikubwira. Aragusohokana, akaguha impano nziza nyinshi? Ese wabyitwaramo ute?
Impumuro, urumuri cyangwa umwuka (Ambience) by'ahantu uri bishobora gutuma uhinduka mu buzima bwawe bw'urukundo muri ako kanya.
Ku italiki ya 14/02 buri mwaka ni umunsi w'abakundana St Valentin, akaba ari umunsi wizihizwa ku isi hose, ukaba warahuriranye n'umunsi kiriziya Gaturika yizihizaho umunsi wa Mutagatifu Valentin
Abantu bamwe bavuga ko kwizihiza Valentine's Day ari iby'abanyamurengwe abandi bakavuga ko ari iby'abana! Ese nawe niko ubibona?
Hari ibintu bitatu by'ingenzi ugomba kugendera kure ku munsi w'abakunda Valentine's Day kuko bishobora gutuma urukundo rwawe n'umukunzi wawe rurangira.
Dore ibihano ushobora guha umukunzi wawe kugira ngo yikosore, n'ibindi bihano ugomba kwirinda kuba wamuha kugira ngo bidasubiza urukundo rwanyu inyuma.
Ku munsi w'abakundana Valentine's Day ufite uburenganzira bwo guha umukunzi wawe impano iyariyo yose ushatse. Ariko hari impano y'ingenzi utagomba kwibagirwa guha umukunzi wawe kuri Valentine's Day (Le Jour du St Valentin).
Abantu bose ni ibisanzwe barakosa, hari abakosa babigambiriye banabipanze kimwe nuko hari n'abasubiramo ikosa bakoze ariko hari ubwo umuntu akosa atabishatse, wenda kubera atari abizi, ubundi agakosa ari intege nke za kimuntu.
Muri iki gihe hasigaye haradutse abanyamitwe aza akakubwira ko yagukunze ko ashaka ko mubana, nyamara atagukunze ahubwo ashaka kukurya imitungo. Dore uko wamenya umuntu nk'uwo.
Ubusanzwe ntawanga ibyiza. Ariko abagabo bakunda kuvuga ko badakunda guteteshwa. Ese koko nibyo? Ese niba badakunda ubatetesha buriya bakunda ubagira gute?
Gushimisha umukunzi umutunguye ni byiza cyane ariko kubitegura biragoye. Ese wabigenza ute igihe ushaka gutungura umukunzi wawe ukamushimisha?
Birashimisha cyane kubonako hari umuntu ukuzirikana...
Abantu bose ntibakunda ibintu bimwe kandi ntibanga bimwe...
Kuvuga ngo ndasaba imbabazi cyangwa ngo mbabarira ntago bihagije kugira ngo uwo wakoshereje akubabarire byukuri atari ukukwikiza....
Hano tugiye kukubwira zimwe mu mpamvu zituma utekereza gutyo nuburyo wazirinda.